Ku irimbi riherereye mu karere ka Nyarugenge mu murenge wa Kigali akagari ka Kigali habereye igisa nk’imyigaragambyo y’abaturage biganjemo abagore bari barakaye nyuma yo kubona umurambo wazanwe n’abagabo 3 gusa ...
Ubuyobozi bwa Formula One (F1) bwamaganye ubusabe bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), bwifuzaga ko u Rwanda ruvanywamo nk’igihugu cy’Afurika gishobora kwakira isiganwa ry’imodoka. F1 yavuze ko izasuzuma ubusabe ...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yahagaritse ubufatanye mu iterambere n’u Bubiligi nyuma y’uko icyo gihugu cyihuje na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) mu bukangurambaga bugamije gukomanyiriza u Rwanda no ...
Ku kibuga cy’indege Toronto Pearson, habereye impanuka ikomeye y’indege, ariko ku bw’amahirwe, abagenzi bose bari bayirimo bararokotse. Iyi mpanuka yabaye mu ijoro ryo ku wa Mbere, tariki 17 Gashyantare 2025, ...
Mu gace ka Obosi, muri Leta ya Anambra, umupasiteri witwa Emeka Mkama, w’imyaka 56, yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka ine inshuro nyinshi. Ibi byabaye ku wa 24 ...