Amarira y’abareyo atumye haboneka ibitambo

Rayon Sports nyuma yuko itakaje umwanya wa mbere ugafatwa n’amukeba ibintu bikomeje kuba bibi muri iyi kipe ikomoka
Inyanza.

Rayon Sports yahagaritse by’agateganyo umutoza w’abanyezamu bayo, Andre Mazimpaka nyuma y’umukino banganyijemo na Marines Fc.

Umutoza Mazimpaka Andre abaye igitambo cya 1 nyuma yuko Rayon Sports itakaje umwanya wa mbere.

Izamu rya Rayon Sports rikomeje kuyibera imbogamizi,kuko ibitego byinshi iyi kipe itsindwa bameza ko biba byagizwemo uruhare n’umuzamu wabo bavuga ko abatsindisha ibyo bikagaruka umutoza w’abazamu buri mu bitumye ahagarikwa.

Khadime Ndiaye ashobora kuba igitambo cya kabiri nyuma y’amarira y’abareyo.

Andi makuru agezweho aremeza ko Khadime Ndiaye na we ashobora kuza guhagarikwa mu gihe kiri imbere.

Khadime Ndiaye nyuma yo gutsinda ibitego bibiri biravugwa ko nawe ashobora kwigizwa kuruhande.

Khadime Ndiaye yafataga 100k yahabwaga na Paul Muvunyi mu gihe yabaga nta gitego kinjiye mw’izamu rwe, amakuru ari kumihanda nuko ngo Rayon Sports bayiciye inyuma bakajya baha Khadime Ndiaye 500k kugira ngo yitsindishe igitego.

 

0 0 votes
Article Rating
Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
      
0
Would love your thoughts, please comment.x
()
x
Scroll to Top