Umukinnyi mwiza wa APR FC n’ikipe y’igihugu Amavubi Niyigena Clement agiye kugurwa akayobo kamafaranga n’ikipe ikomeye ya Pyramids fc.
Pyramids fc nyuma yo guhura na APR FC ikayinyagira ibitego byinshi muri CAF champions league,byafashije ikipe Kubona ubuhanga buhambaye bwa Niyigena Clement umaze igihe ariwe mukinnyi mwiza wugarira kurusha abandi muri Shampiyona, bigiye no gutuma Pyramids fc agura uyu mukinnyi.
Nyuma yuko ikipe ya Pyramids fc yohereje abashinzwe kubarambagiriza abakinnyi bakaza kureba imikinire ya Niyigena Clement, amakuru ahari nuko bashimiye imikinire ye ndetse bitegute gutanga akayabo k’amadorari Kagera kubihimba 350$ kugira ngo iyi kipe ya Pyramids ifite ibibazo mu bwugarizi imwegukana.
Niyigena Clement abakunzi ba ruhago bagiye kenshi bagaragaza ko akwiriye gusoka agashaka ikipe yo hanze y’u Rwanda kugira ngo imikinire ye ikomeze gutera imbere.
Niyigena Clement mu mukino bahuyemo na Pyramids.
Post Comment