Imwe muri Stade nziza U Rwanda rufite igiye kumara igihe idakinirwamo

Hamaze gusoka itangazo rimenyesha ko Stade ya Huye igiye kongera kuvugururwa nyuma y’igihe kitari kinini ivuguruye.

1743677069029 Imwe muri Stade nziza U Rwanda rufite igiye kumara igihe idakinirwamo

 

Ibizavugururwa muri iyi stade ahanini bishingiye kuri ‘tapis’ ishaje izakurwamo hagashyirwamo indi nshya iri ku rwego rwiza, ndetse ikibuga kikubakwa mu buryo bworohereza amazi guhita ashiramo, mu gihe cy’imvura bitandukanye n’uko bimeze ubu.

 

Iyo imvura iguye amazi yuzura mukibuga biri mu byo African yepfo yanenze ubwo iheruka kuhakinira n’ikipe y’igihugu Amavubi.

 

Iyi stade yarisanzwe ikinirwaho n’amakipe abiri, Mukuru n’amgaju bishobora kuzaza zakirira kuri Stade Kamena.

Amafoto ya Stade Huye mu gihe imvura yaguye.

images-3 Imwe muri Stade nziza U Rwanda rufite igiye kumara igihe idakinirwamo

images-2 Imwe muri Stade nziza U Rwanda rufite igiye kumara igihe idakinirwamo

Post Comment