Itangazo:Tsinda Batsinde isabye FERWAFA ko yayisubikira umukino yarifite,kubera urupfu rwa Alain Mukuralinda wari umuyobozi wayo

Nyuma yinkuru yakababaro yurupfu rwa Alain Mukuralinda, ikipe yarabereye umuyobozi yahise isohora itangazo imenyesha FERWAFA ko itagikinnye umukino yirifitanye na Gicumbi.

1743753444124 Itangazo:Tsinda Batsinde isabye FERWAFA ko yayisubikira umukino yarifite,kubera urupfu rwa Alain Mukuralinda wari umuyobozi wayo

 

Alain Mukuralinda yashinze Academy ya tsinda batsinde,ariko ubu yarimaze kuba ikipe ihangana,ubu igeze mu cyiciro cya kabiri.

 

Tsinda batsinde yatanze abakinnyi mu mavubi y’abato ndetse no muri Rayon Sports.

 

Hari nabo yafashije kujya gukina hanze,Alain Muku yarafatiye runini umupira wacu w’amaguru.

 

Tuzahora tumwibuka.

Post Comment