Menya umukinnyi abareyo bari gushimagiza nyuma yo kubafasha gusubira ku mwanya wa 1

Mu mukino wa Shampiyona wahuje wabaye mu mugoroba wa tariki 08 Gicurasi 2025  Rayon Sports yabonye itsinzi y’ibitego 2-0 Rutsiro byatumye yusubiza umwanya wa mbere,hari umukinnyi abareyo bishimiye uko yitwaye nyuma yo kubafasha gusubira ku mwanya wa 1.

Rutahizamu Aziz Bassane abareyo bavuze ko ari wabafashije gusubira ku mwanya wa mbere,nyuma yo kubaha ikizera atsinda igitego kumasegonda byatumye Rayon Sports ikina ituje kuko yarifite impamba.

Imibare ya Aziz Bassane mu mukino wabahuje na Rutsiro agatsinda kimwe mu gitego kihuse muri Shampiyona y’U Rwanda.

Imibare ya Aziz Bassane mu mukino bahuyemo na Rutsiro FC.

Yateye amashoti 3.
Amashoti 2 agana mu izamu.
Yakoreweho amakosa 4.
Arema amahirwe 3 yashoboraga kubyara igitego kuko rimwe ryaje no kuvamo igitego.

Iyo ni imibare ifatika abakunzi ba Rayon Sports baheraho bemeza ko ariwe witwaye neza mu mukino wabahuje na Rutsiro byatumye Gikundiro isubira ku mwanya wa 1.

gdpdi1nwaae6ktz-82fd1 Menya umukinnyi abareyo bari gushimagiza nyuma yo kubafasha gusubira ku mwanya wa 1

Aziz Bassane waraye mu rukundo na bakunzi ba Rayon Sports nyuma yo kubafasha gusubira ku mwanya wa 1.

Post Comment