Umutoza wa APR FC yirukanwe
Umukino wahuzaga ikipe ya APR FC na vision FC warangiye APR FC yegukanye amanota atatu…
Nyamukandagira ikomeje gukandagira ibitsitsino bya Gikundiro cy’abareyo dore imikino itatu zigiye gukurikizaho ikomeye
Ikipe ya APR FC yitwaye neza itsinda ikipe ya Vision ibitego 2-1 byatumye ihita ihumekera…
Isoko rya APR FC ry’imukiye mu bachwezi,dore umukinnyi karahabutaka bagiye gukurayo
Ikipe ya APR FC iri ku mwanya wa kabiri muri shampiyona, amakuru ahari yizewe nuko…
Biteye agahinda:Kiyovu Sports abakinnyi barataka inzara iri kubagagaza,mu gihe basabwa atatu ngo Urucaca rudahuhuka(Dutabarane)
Ikipe ya kiyovu Sports iri mu makipe akuze mu Rwanda ikaba igira n'abafana benshi bayikunda,abakinnyi…
Kevin Muhire akagambane ke n’abareyo kagiye gukora agashya mu gihugu
Kuri uyu wa 29 Werurwe 2025 nibwo hateganyijwe umukino karundura uzahuza Rayon Sports iyoboye urutonde…
Myugariro w’ikipe y’igihugu nyuma yo kumara imyaka 10 mu munyenga w’urukundo agiye gukora ubukwe
Myugariro wa Gasogi United n'ikipe y'igihugu Amavubi, Emery Bayisenge agiye gukora ubukwe n'umukunzi we Aline…
Sobanukirwa aho Rayon Sports yakuye akanyabugabo ko kwihandagaza kuri Stade amahoro ivuguruye
Kuri uyu wa 29 Werurwe 2025 hategerejwe umukino karundura saa 16:30 wo gupfa no gukira…
Umutoza watoje Rayon Sports arafunzwe
Umutoza watoje muri Rayon Sports Mohamed Wade ukomoka muri Mauritania arafunzwe azira gutanga Sheke itazigamiye.…
Intambara y’ubutita yimukiye mw’itangazamakuru aho Regis na Ricard bakomeje kwesurana
Abanyamakuru 2 bafite amazina akomeye hano mu Rwanda ari bo Muramira Regis na Ishimwe Ricard…